Back to Top

Rippy Knoss - Ndagiye Lyrics



Rippy Knoss - Ndagiye Lyrics
Official




Mfashe umuhanda ndagiye, sinasiga ntababwiye
Nubwo mbabwiye ndabizi, murankurikiza amasasu
Mfashe umuhanda ndagiye, sinasiga ntababwiye
Nubwo mbabwiye ndabizi, murankurikiza amasasu
Ngiye gushaka umugore utazansaba kuba nturuka i mahanga
Har'umusore wakoze parrainage nyuma bamuta i mihanda
Ngiye gushaka ifaranga riherekejwe n'agaciro
Abakobwa bakunda ifaranga abahungu bakunda uburanga
Ngiye gutura mu gihugu kirimo abasore bubaha Imana
Ngiye kure y'abasore bagifite umwanya wo kwiyita inana
Iyi si irashaje abambaye ubusa bashirwa ku byapa
Igihe kizaza ntimugire ikibazo twese tuzapfa
Iyi si irashaje abambaye ubusa bashirwa ku byapa
Igihe kizaza ntimugire ikibazo twese tuzapfa
Anxiété séquencée, hanté par secousses denses insensées telles turbulences aériennes
Ascenseurs émotionnels et remous internes
TDAH posé sur mon dash, j'affiche ça avec fierté
Je grignote, je dévore des glucides, acide, ça colore le quotidien
Lucide, confident placide
Brimes de phases pas des phrases, des lignes, saute les obstacles, évite la débâcle
Certains triment pendant que l'industrie stream
Hahirwa abafite amatwi bakanumva ibyo beat insaba kubabwira
Hahirwa abafite imitima iboneye abo nibo bazabona Imana
Mujye mupfukama musenge, musabe gusubira iwanyu
Naho aya mahanga arahanda, muzashirira ku mihanda
Uwo batazarasa azita mu kagozi abandi basare birenge
Mana dusenga uducire inzira dusubire gutura i Mulenge
Abafite ubwoba bwo kuvuga ukuri ngo batabapfobya
Igihe kizaza ntimugire ikibazo twese tuzapfa
Abafite ubwoba bwo kuvuga ukuri ngo batabapfobya
Igihe kizaza ntimugire ikibazo twese tuzapfa
Prise de conscience, résilience, recul, politique
Comme l'oubli de l'hommage de l'attentat
Story, love story, glory hole de l'égo
Narcissisme exacerbé, culte de l'image, des clics des claques, get backkk
TikTok, société qui débloque
Kiffe et profites du paysage avant d'envisager ton prochain post
Tu es lost, je te ghoste
Vivre ici maintenant, dans l'instant, instantané
Tanné de faire face aux statuts de selfies
Ça fait fi des autres, têtu, abattu par tant de bêtises
Frise le ridicule, calcules ta posture pour le plus de pouces levés
Tu m'as gavé, tu m'as gavé, tu m'as gavé, tu m'as gavé, tu m'as gavé
Ngiye gushaka aga place katarimo stress katarimo divoc
Ndashaka gutura aho babaho ubuzima bwiza batagira TikTok
Abankurikira nimuze abasigara tubamwaze
Inzu nabagamo mbatize ndabizi bazumva batinze
Ndambiwe kuba umuturanyi wanyu muronka mukarya mukinze
Muzampamagare ngaruke mufite ubumuntu njye mbaye mbacitse
Mufite uburyarya muriruka sana mushaka abo mwarya
Igihe kizaza ntimugire ikibazo twese tuzapfa
Mufite uburyarya muriruka sana mushaka abo mwarya
Igihe kizaza ntimugire ikibazo twese tuzapfa
J'suis parti, ne me dérangez pas non
J'suis parti, ne me dérangez pas
J'suis parti, ne me dérangez pas non
[ Correct these Lyrics ]

We currently do not have these lyrics. If you would like to submit them, please use the form below.


We currently do not have these lyrics. If you would like to submit them, please use the form below.




Mfashe umuhanda ndagiye, sinasiga ntababwiye
Nubwo mbabwiye ndabizi, murankurikiza amasasu
Mfashe umuhanda ndagiye, sinasiga ntababwiye
Nubwo mbabwiye ndabizi, murankurikiza amasasu
Ngiye gushaka umugore utazansaba kuba nturuka i mahanga
Har'umusore wakoze parrainage nyuma bamuta i mihanda
Ngiye gushaka ifaranga riherekejwe n'agaciro
Abakobwa bakunda ifaranga abahungu bakunda uburanga
Ngiye gutura mu gihugu kirimo abasore bubaha Imana
Ngiye kure y'abasore bagifite umwanya wo kwiyita inana
Iyi si irashaje abambaye ubusa bashirwa ku byapa
Igihe kizaza ntimugire ikibazo twese tuzapfa
Iyi si irashaje abambaye ubusa bashirwa ku byapa
Igihe kizaza ntimugire ikibazo twese tuzapfa
Anxiété séquencée, hanté par secousses denses insensées telles turbulences aériennes
Ascenseurs émotionnels et remous internes
TDAH posé sur mon dash, j'affiche ça avec fierté
Je grignote, je dévore des glucides, acide, ça colore le quotidien
Lucide, confident placide
Brimes de phases pas des phrases, des lignes, saute les obstacles, évite la débâcle
Certains triment pendant que l'industrie stream
Hahirwa abafite amatwi bakanumva ibyo beat insaba kubabwira
Hahirwa abafite imitima iboneye abo nibo bazabona Imana
Mujye mupfukama musenge, musabe gusubira iwanyu
Naho aya mahanga arahanda, muzashirira ku mihanda
Uwo batazarasa azita mu kagozi abandi basare birenge
Mana dusenga uducire inzira dusubire gutura i Mulenge
Abafite ubwoba bwo kuvuga ukuri ngo batabapfobya
Igihe kizaza ntimugire ikibazo twese tuzapfa
Abafite ubwoba bwo kuvuga ukuri ngo batabapfobya
Igihe kizaza ntimugire ikibazo twese tuzapfa
Prise de conscience, résilience, recul, politique
Comme l'oubli de l'hommage de l'attentat
Story, love story, glory hole de l'égo
Narcissisme exacerbé, culte de l'image, des clics des claques, get backkk
TikTok, société qui débloque
Kiffe et profites du paysage avant d'envisager ton prochain post
Tu es lost, je te ghoste
Vivre ici maintenant, dans l'instant, instantané
Tanné de faire face aux statuts de selfies
Ça fait fi des autres, têtu, abattu par tant de bêtises
Frise le ridicule, calcules ta posture pour le plus de pouces levés
Tu m'as gavé, tu m'as gavé, tu m'as gavé, tu m'as gavé, tu m'as gavé
Ngiye gushaka aga place katarimo stress katarimo divoc
Ndashaka gutura aho babaho ubuzima bwiza batagira TikTok
Abankurikira nimuze abasigara tubamwaze
Inzu nabagamo mbatize ndabizi bazumva batinze
Ndambiwe kuba umuturanyi wanyu muronka mukarya mukinze
Muzampamagare ngaruke mufite ubumuntu njye mbaye mbacitse
Mufite uburyarya muriruka sana mushaka abo mwarya
Igihe kizaza ntimugire ikibazo twese tuzapfa
Mufite uburyarya muriruka sana mushaka abo mwarya
Igihe kizaza ntimugire ikibazo twese tuzapfa
J'suis parti, ne me dérangez pas non
J'suis parti, ne me dérangez pas
J'suis parti, ne me dérangez pas non
[ Correct these Lyrics ]
Writer: Charles Ndungutse
Copyright: Lyrics © O/B/O DistroKid

Back to: Rippy Knoss



Rippy Knoss - Ndagiye Video
(Show video at the top of the page)


Performed By: Rippy Knoss
Language: English
Length: 4:00
Written by: Charles Ndungutse

Tags:
No tags yet